Akazi

Itangazo rya cyamunara iteganyijwe kuwa 28 Kamena 2024 i Masoro

Bubicishije kurubuga rwa RRA, ubuyobozi bwa za GASUTAMO bwamenyesheje abantu bose ko ku italiki ya 28 Kamena 2024 hazagurishwa muri cyamurana ibicuruzwa bitandukanye biri kumugereka w’iri tangazo.

Cyamunara ikazabera aho ibi bicuruzwa biherereye ahakorera ishami ry’ikigo cy’imisoro n’amahoro rishinzwe kurwanya magendu mucyanya cy’inganda i Masoro saa tatu za mugitondo (09h00).

Abifuza kugura bazatangira gusura ibicuruzwa aho biherereye kuva 23-27 Kamena 2024

Kanda hano usome itangazo ryose unarebe urutonde rw’ibicuruzwa bizagurishwa