AmakuruPolitiki

Rwanda: Ngiryo itangazo Leta y’U Rwanda ihaye abarundi baba mu Rwanda!!

Aya ni amakuru yari ategerejwe na benshi nyuma yaho Leta y’U Burundi yeruye ikamagana Abanyarwanda kumugaragaro Leta y’U Rwanda yo suko yabigenje.

Umuvugizi wa Leta y’U Rwanda Alain Mukurarinda mu kiganiro n’itangaza makuru yamaze impungenge abarundi baba mu Rwanda ababwira ko mu Rwanda ari amahoro kandi abibutsa ko bakwiriye kuryama bakizigura kuko ntamuntu uzigera ahungabanya umutekano wabo yitwaje imibanire itari myiza iri hagati y’ibihugu byombi.

Yagarutse ku banyarwanda baba mugihugu cy’U Burundi bikomeje kuvugwa ko bari gufatwa nabi avuga ko ari inshingano za Leta kurinda Abanyarwanda naho baba batabashaka kubutaka bwabo nkuko bikomeje kugenda bivugwa.